Ubukerarugendo

Ibyiza 5 byo gutembera wenyine

Abantu benshi bumva ko iyo  watembereye wenyine utabasha kwishima cyangwa ngo uryoherwe. Abantu bakunda  gutembera bonyine ( Solo Travels) bagaragaza ko hari ibintu byinshi bishobora kugushimisha wagiye wenyine. Dore ibyiza 5 byo gutembera wenyine. 1.Wunguka...

Ahantu 15  Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2023 mu Rwanda.

U Rwanda ni igihugu gifite ahantu ndangamuco henshi hirya no hino mu gihugu kandi heza, habumbatiye amateka y’abanyarwanda n’u Rwanda muri rusange. Ni byiza kuhasura ukamenya ibintu bitandukanye biri mu muco wacu.  Umwaka wa 2023 ufite iminsi 355, ni umwaka...

Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze

Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...

Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda

U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo...